Abifuza gukora aka kazi barasabwa gukurikiza amategeko no gukorera ahantu hemewe.
Ni umuburo uje ukurikira umukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, ahafatiwe abantu bane, bari muri ibi bikorwa mu buryo butemewe, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Ugushyingo.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, yavuze ko bose uko ari bane bakoraga ibikorwa byo kuvunja amafaranga bakunze kwita ‘ubuvunjayi’ ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki 30 Ugushyingo 2023, i Dubai yitabiriye ibirori byo gutangiza gahunda yiswe Sustainable Markets Initiative (SMI) cyangwa se amasoko arambye, byateguwe n’umwami Charles III w’Ubwongereza. Perezida Kagame yitabiriye ibirori byo gutangiza gahunda y’amasoko arambye Umukuru w’Igihugu ari muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho yitabiriye inama y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ikirere ya Conference of the Parties #COP28. Inama ya COP28 ni inama mpuzamahanga […]
Post comments (0)