Prezida w'u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa gatatu azagirira uruzinduko muri Arabiya Sawudite na Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu. Umuvugizi wa Perezida Putin, Dmitry Peskov, yavuze ko Prezida Putin azaganira ibyerekeye ubutwererane hagati y’igihugu cye n’abayobozi b’ibyo bihugu byombi, intambara hagati ya Israheri na Hamas na politike mu mahanga. Peskov yatangaje ko Putin azaganira kandi ibyerekeye amasoko y’ibikomoka kuri peteroli mu rugendo rwe. Ni nyuma y’uko u Burusiya, kimwe mu […]
Post comments (0)