Abaturage bagaragaje ko batanyuzwe n’imikorere ya DASSO (Ubushakashatsi)
Ubushakashatsi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), ku mitangire ya serivisi n’imiyoborere mu Rwanda, bwagaragaje ko urwego rwunganira Akarere mu gucunga umutekano (DASSO) rutishimiwe n’abaturage nk’izindi nzego mu Mujyi wa Kigali. Ubwo bushakashatsi bwa RGB buzwi nka Citizen Report Card (CRC), bukorwa buri mwaka hagamijwe kugaragaza igipimo cy’imiyoborere ibereye abaturage, n’imitangire ya serivisi, hashingiwe ku bitekerezo n’ibyifuzo by’abaturage, aho 10% by’amanota y’imihigo aturuka muri ubwo bushakashatsi. Ibyavuye muri ubwo bushakashatsi bwa 2023, […]

Post comments (0)