Abagore bari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bahamya ko bubateza imbere
Bamwe mu bagore batinyutse bakajya mu mirimo y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, baravuga ko byabafashije mu iterambere ryabo n’imiryango yabo, kubera ko amafaranga bakorera abafasha mu bikorwa bitandukanye. Abagore bari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bavuga ko byabafashije kwiteza imbere Hari umubare w’abantu batari bacye bafite imyumvire y’uko imirimo y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ari iy’abagabo gusa, ku buryo byagiye bituma abagore benshi batinya gukora imirimo yo muri urwo rwego, ariko burya ngo abatinyutse bakayikora […]
Post comments (0)