Kigali: Baravugwaho kurangura amatike bakayagurisha abagenzi ku giciro gihanitse
Abakarasi muri gare ya Nyabugogo baravugwaho kungukira ku bwinshi bw’abagenzi bajya kwizihiriza Ubunani mu Ntara, aho amatike yabuze hamwe na hamwe bitewe n’uko abo bakarasi bayaranguye, bakaba barimo kuyacuruza ku giciro gihanitse. Hari aho batakirimo kwakira abagenzi kuko bavuga ko amatike yashize Kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Ukuboza 2023, Gare ya Nyabugogo yaranzwe n’umubyigano w’abantu benshi bajya kwizihiriza Ubunani mu miryango yabo, ariko bakaba basanze amatike yashize, ahandi bagasabwa […]

Post comments (0)