Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi
Mu Ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana, abapolisi 33 basoje amahugurwa abagira abarimu bazifashishwa mu guhugura abandi. Abitabiriye aya mahugurwa y’icyiciro cya 9 ahabwa abapolisi bo ku rwego rwa ba ofisiye bato, mu gihe kingana n’ibyumweru 12, bahawe amasomo atandukanye abategura kuzaba abarimu (ITC). Aya mahugurwa ubwo yasozwaga ku wa Gatandatu tariki 13 Mutarama 2024, Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa (DIGP) […]

Post comments (0)