Inkuru Nyamukuru

Tunisia: Abimukira 40 baburiwe irengero

todayJanuary 17, 2024

Background
share close

Muri Tunisia abimukira 40 baburiwe irengero nyuma y’uko mu cyumweru gishize buriraga ubwato bashaka kwerekeza mu Butaliyani, nkuko bitanganzwa n’inzego z’umutekano zishinzwe kurinda imipaka yo mu mazi.

Tunisia yugarijwe n’ibibazo by’abimukira muri iki gihe batakinyura cyane muri Libya nk’uko byari bimeze mu minsi ishize.

Abimukira bakomeje kuva muri Afurika no mu burasirazuba bwo hagati aho bahunga ubukene n’intambara bakerekeza ku mugabane w’u Burayi gushaka imibereho myiza.

Abarinda imipaka yo mu mazi muri Tunisia bagaragaje amashusho y’ubwato n’indege z’abatabazi bari mu bikorwa byo gushakisha abo bimukira.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umujyi wa Kigali wasobanuye impamvu wakuyeho inyubako z’uwaguze na Bamporiki

Umujyi wa Kigali watangaje ko wafashe icyemezo cyo gusenya inzu zubatswe mu buryo bunyuranyije n’amategeko z’uwitwa Ndayishimiye Fabien akazubaka iruhande rwa Hoteli yaguze na Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco (ubu yahindutse Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi). Ni nyuma y’aho ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho yo gusenya zimwe mu nyubako z’inzu zubatswe iruhande rwa Hoteli Nyungwe iherereye mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kanombe mu […]

todayJanuary 17, 2024

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%