Urukiko rwanzuye ko umukozi w’Intara y’Amajyepfo ukekwaho gutanga ruswa afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye rwanzuye ko umukozi w’Intara y’Amajyepfo ushinzwe imiyoborere myiza, Kabera Vedaste, afungwa iminsi 30 y’agateganyo, kugira ngo dosiye ye ikomeze gukorwaho iperereza, ku cyaha akurikiranyweho cyo guha ruswa umugenzacyaha. Kabera Vedaste Ni umwanzuro ufashwe nyuma y’uko ku wa Gatanu tariki ya 02 Gashyantare 2024, ubushinjacyaha bwari bwamusabiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, ngo hakomeze gukorwa iperereza kuri icyo cyaha akekwaho. Urukiko rwavuze ko hari impamvu zikomeye zituma Kabera […]
Post comments (0)