Abasesenguzi basanga inzego z’umutekano z’u Rwanda zikwiye kwagura ibikorwa mu Ntara ya Cabo Delgado
Nyuma y’ibibazo by’umutekano muke biterwa n’ibyihebe bikomeje kwibasira amajyepfo y’Intara ya Cabo Delgado muri Mozambique, ababirebera hafi baravuga ko Ingabo za Mozambique n’iza SADC zidafite ubushobozi bwo guhangana nabyo bagasaba ko iz’u Rwanda RDF, zakoherezwa gutangayo umusada. Ingabo z’u Rwanda zirasabwa gutanga ubufasha ku Ngabo za SADC Ibi biravugwa mugihe amakuru ava muri Mozambique avuga ko ibitero by’ibyihebe byibasira abaturage ndetse n’inzego z’umutekano mu duce tubarizwamo ingabo z’umuryango w’ubukungu w’Afurika […]
Post comments (0)