Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko u Bushinwa na Afurika byishimira umubano uhamye bisangiye
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko u Bushinwa n'Umugabane wa Afurika byishimira umubano ukomeye kandi ushingiye ku byifuzo by'impande zombi. Minisitiri Nduhungirehe yabigarutseho ubwo yitabiraga inama yo ku rwego rwa ba Minisitiri y’Ihuriro ku bufatanye bwa Afurika n’u Bushinwa (Forum on China-Africa Cooperation – FOCAC). Mu ijambo rye, yashimye ubufatanye bw’Ubushinwa na Afurika mu nzego zitandukanye, ati: “U Bushinwa na Afurika byishimira umubano ukomeye kandi utajegajega, ushingiye […]
Post comments (0)