I Kigali hateraniye inama itegerejwemo impinduka zikomeye mu burezi
Kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Kamena 2025, Minisiteri y’Uburezi yahurije hamwe abayobozi mu nzego zitandukanye za Leta, abikorera, abafatanyabikorwa mu bijyanye n’uburezi mu kiganiro gitegerejwemo kuzana impinduka zikomeye mu guteza imbere ireme ry’Uburezi mu Rwanda. Minisitiri Joseph Nsengimana atangiza iyi nama, yavuze ko bagiye guhera ku mashuri y’inshuke ndetse n’abanza, aho baganira ku buryo abana byibuze 60% bajya biga ishuri ry’incuke, bavuye kuri 40% ubu batangira amashuri abanza baranyize […]
Post comments (0)