Nyanza: Ingabo za EAC zirimo kuvura abaturage ku buntu
Bamwe mu Ngabo zo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bateraniye mu Rwanda aho bari mu bikorwa bihuza Ingabo n’abaturage, bakaba bari mu bikorwa by’ubuvuzi ndetse n’iterambere ry’abaturage hirya no hino mu gihugu. Mu rwego rw’Ubuvuzi bari mu bitaro bya Nyanza n’ibya Ngoma, naho mu Karere ka Karongi na Burera bakaba barimo gutanga amazi ku baturage, mu gihe i Musanze barimo guha abaturage amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba. Umwe mu […]
Post comments (0)