Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yiyemeje gukemura burundu ikibazo cya ‘buruse’ z’abanyeshuri

todayDecember 12, 2018 31

Background
share close

Perezida Paul Kagame yavuze ko ikibazo cy’amafaranga y’inguzanyo agenerwa abanyeshuri ba za kaminuza (buruse) agitinda kubageraho agiye kukigira icye bityo gikemuke burundu.
Yabivuze ubwo yari yitabiriye ibiganiro by’ihuriro ry’urubyiruko rw’u Rwanda (Youthconnekt 2018), kuri uyu wa 12 Ukuboza 2018, icyo kibazo kikaba cyazamuwe n’umwe mu banyeshuri ba kaminuza wavugaga ko buruse ikomeje gutinda.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Leta igiye kujuririra icyemezo cyo kugira Diane Rwigara na nyina abere

Umushinjacyaha mukuru Jean Bosco Mutangana yatangaje ko urwego rw’ubushinjacyaha bugiye kujuririra icyemezo cy’urukiko giherutse kugira Diane Shima Rwigara na nyina Mukangemanyi Adeline Rwigara abere.Yabivugiye mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa gatatu 12 Ukuboza,cyari kigamije kugaragaza ibyo uru rwego rwagezeho mu myaka 10 ishize muri rusange,no muri uyu mwaka wa 2018 by’umwihariko.

todayDecember 12, 2018 51

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%