Perezida Kagame azatanga ikiganiro ku basoje amasomo ya gisirikare muri Nigeria
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ku wa 5 Kanama 2022, azatanga ikiganiro hizihizwa isabukuru y’imyaka 30 hanatangwa impamyabumeyi ku ba Ofisiye basoje amasomo ya gisirikare mu ishuri rikuru ry’ingabo za Nigeria (NDC). Umuhango uzabera i Abuja. Umuyobozi w’iryo shuri rikuru rya gisirikare Rear Admiral Murtala Bashir, mu kiganiro yagiranye n'abanyamakuru ku wa kane tariki 28 Nyakanga 2022, i Abuja, yavuze ko biteganijwe ko Perezida Kagame azatanga ikiganiro i […]
Post comments (0)