Inkuru Nyamukuru

Perezida Paul Kagame yifurije ingabo z’igihugu Noheli nziza n’umwaka mushya muhire wa 2019

todayDecember 26, 2018 74

Background
share close

Perezida Paul Kagame yifurije umwaka mushya ingabo z’igihugu anazibutsa ko Abanyarwanda bazikunda kandi bazubahira ubunyamwuga buziranga.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame ntiyumva abayobozi bategera abaturage

Perezida Paul Kagame avuga ko atumva uburyo abayobozi bategera abaturage ngo baganire ku bireba igihugu. Aha ni na ho ahera asanga hagize ushuka abaturage byamworohera kuko ababwira ko ari we ubitayeho. Yabivuze kuri uyu wa gatandatu ubwo yatangizaga ku mugaragaro kongere y’Umuryango FPR Inkotanyi, aho yagarutse ku mutekano, imiyoborere, imibanire y’u Rwanda n’amahanga n’ibindi. Umva inkuru irambuye hano:

todayDecember 22, 2018 34

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%