Perezida Paul Kagame yifurije ingabo z’igihugu Noheli nziza n’umwaka mushya muhire wa 2019
Perezida Paul Kagame yifurije umwaka mushya ingabo z’igihugu anazibutsa ko Abanyarwanda bazikunda kandi bazubahira ubunyamwuga buziranga.
KT Radio Real Talk, Great Music
Abaturage bavuga ko kuri Noheri bishimye, basangira icyo kunywa no kurya bizihiza uyu munsi mukuru.
Bamwe mu baganiriye n’umunyamakuru wa Kigali Today mu gace ka Nyabugogo kuri uyu wa gatatu, bamubwiye ko kuri uwo munsi igihekane cyari ‘nwa’ na ‘rya’.
Umva inkuru irambuye hano:
Written by: KT Radio Team
Perezida Paul Kagame yifurije umwaka mushya ingabo z’igihugu anazibutsa ko Abanyarwanda bazikunda kandi bazubahira ubunyamwuga buziranga.
Copyright © 2025 KT Radio. All Rights Reserved.
Post comments (0)