France: Rwamucyo ucyekwaho ibyaha bya Jenoside agiye kongera kugezwa imbere y’ubutabera
Ubutabera bw’u Bufaransa bwemeye kuburanisha ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda Dr. Eugene Rwamucyo, w'imyaka 62. Collectif des Parties Civiles pour le Rwanda (CPCR), Umuryango uharanira kugeza mu butabera abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, by’umwihariko abatuye mu Bufaransa, yari yaratanze ikirego kuri Rwamucyo mu 2007. Rwamucyo arashinjwa kuba yaragize uruhare mu nama zateguye Jenoside, mu yahoze ari perefegitura ya Butare mu 1994, n'ibindi byaha bya […]

Post comments (0)