Inkuru Nyamukuru

Icyumweru cyo kurwanya ruswa: Gufata abantu bakomeye barya ruswa biracyagoranye

todayFebruary 11, 2019 37

Background
share close

Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko buhora iteka bushakisha uburyo bwafata abantu bakomeye barya ruswa kugirango bahanwe n’amategeko.
Umushinjacyaha mukuru Jean Bosco Mutangana yavuze ko mu bayobozi bakomeye harimo abarya ruswa, ariko ko bafite amayeri mesnhi yo kwihisha ubutabera kuburyo kubafata bitoroshye.
Ni mu kiganiro urukiko rw’ikirenga n’ubushinjacyaha bagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere 11 Gashyantare, hatangizwa icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyagatare – Izabiriza Mutoni yabonye ishuri

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare buravuga ko burimo gushaka ibyangombwa bisabwa byose kugira ngo Izabiriza Mutoni ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga akomeze amashuri kuko hari ishuri ryamaze kumwemerera umwanya. Ibi bibaye nyuma y’uko nyirakuru w’uyu mwana amusabiye ubufasha mu buyobozi, Kigali Today nayo ikamukorera ubuvugizi ku itariki 04 Gashyantare uyu mwaka. Umva inkuru irambuye hano:

todayFebruary 11, 2019 52

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%