AERG yizihije isabukuru y’imyaka 26, basangira n’Intwaza za Bugesera
Mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 26 Umuryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (AERG) umaze uvutse, abawugize baje gusangira n’ababyeyi b’intwaza bo mu rugo rw’Impinganzima ya Bugesera. Basangiye n’Intwaza mu kwizihiza isabukuru ya 26 ya AERG Mudahemuka Audace, Umuhuzabikorwa wa AERG ku rwego rw’Igihugu, yavuze ko bifuje kuza gusangira n’abo babyeyi kandi babazaniye n’impano, kuko n’ubundi abana baje gusura ababyeyi bataza imbokoboko. Yagize ati " bamwe muri twe hari igihe […]




Post comments (0)