Inkuru Nyamukuru

Abahinzi barakangurirwa guhunika mu mifuka idasaba gushyiramo imiti

todayMarch 7, 2019 50

Background
share close

Ishami rishinzwe gufata neza umusaruro muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI) rikangurira abahinzi guhunika imyaka beza, mu mifuka igezweho idasaba gushyiramo imiti kandi umusaruro ntiwangirike.
Ni imifuka Abanyarwanda bise ‘Mumaranzara’ ariko itaramenyerwa cyane n’abahinzi, ikaba ishobora guhunikwamo imyaka iyo ari yo yose, haba amasaka, ibigori, ibishyimbo n’ibindi, bigashyirwamo byumye, imifuka igafungwa neza nta miti yica udukoko yongewemo ngo ikaba yamara imyaka irenga itatu ikimeze neza.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Pulasitiki yatangiye kuvanwamo ibikoresho byifashishwa mu buhinzi

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku bidukikije REMA kiratangaza ko ibikoresho bya plastic n’amasashi bikoreshwa mu Rwanda ari byinshi cyane, kuburyo uburyo bwo kubikusanya no kubibyazamo ibindi bikoresho bitoroshye. REMA ivuga ko mu rwego rwo guhangana n’ingaruka za plastic n’amasashi ku iyangirika ry’ikirere hashyizwe imbaraga mu kwirinda ko ibyo bikoresho byandagara ku musozi, ahubwo hagashakishwa uko hajyaho inganda zibibyazamo ibindi bikoresho. Eng. Collette Ruhamya umuyobozi wa REMA yabitangaje kuri uyu wa […]

todayMarch 7, 2019 28

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%