APR FC yatanze umucyo ku bivugwa ko itiza abakinnyi muri Marines FC gusa
Ubuyobozi bw'ikipe y'ingabo z'igihugu, APR F.C bwatanze umucyo ku by’itizwa ry’abakinnyi bayo mu yandi makipe, aho bamwe banatsimbararaga ku kinyoma kivuga ko itiza muri Marines F.C gusa. Nsanzimfura Keddy yatijwe muri Marines FC Kuva igihe cy’ihererekanya, igura n’igurishwa ry’ Abakinnyi ryakongera gufungura kuwa 01 Mutarama 2023, APR FC yatije bamwe mu bakinnyi bayo batabonaga umwanya wo gukina. Ubuyobozi bwa APR F.C bwatangaje ko gahunda yo gutiza abakinnyi mu yandi makipe […]
Post comments (0)