Abahisha imitungo yabo bayandikisha ku bandi bazajya babihanirwa
Ihuriro ry’agize Inteko Ishinga Amategeko rishinzwe gukumira no kurwanya Ruswa (APNAC-RWANDA), rivuga ko abantu bafite imitungo ariko batayiyandikishaho barimo gushakirwa ibihano. APNAC-RWANDA mu biganiro n’inzego zitandukanye ku kibazo cy’abatiyandikaho imitungo yabo APNAC yaganiriye n’inzego zitandukanye zirimo Umuryango urwanya Ruswa n’Akarengane (Transparency International, TI-Rwanda), Urwego rw’Umuvunyi n’izindi, bungurana ibitekerezo ku iyandikishwa ry’imitungo kuri ba nyirayo n’uburyo ibyuho bigaragaramo byakumirwa. Umuyobozi Nshingwabikorwa wa TI-Rwanda, Apollinaire Mupiganyi, avuga ko hari abantu batazwi ku […]
Post comments (0)