Monusco yatangaje ko imirwano ikomeye yongeye kwaduka hagati ya FARDC na M23
Muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo, ingabo za loni zishinzwe kubungabunga amahoro n’umutekano (MONUSCO) zatangaje ko mu burasirazuba bw'icyo gihugu ibibazo by'umutekano muke bikomeje kuba ikibazo gikomeye, nyuma y'imirwano yongeye kwaduka hagati y'ingabo za leta, FARDC na M23. Loni yavuze ko igisirikare cya Kongo, FARDC cyatanye mu mitwe n’umutwe wa M23 mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw'umujyi wa Kitchanga, mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru. Ikomeza ivuga ko habaye imirwano ikomeye muri […]
Post comments (0)