Inkuru Nyamukuru

Icyumweru cy’ubutabera: Abakora mu by’amategeko barasabwa gukumira amakimbirane

todayMarch 19, 2019 28

Background
share close

Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye yasabye abakora mu by’amategeko hirya no hino mu gihugu gukumira amakimbiranye mu miryango kuko ngo ari yo nkomoko y’ibindi bibazo bikomeye.
Yabibasabye kuri uyu wambere, ubwo yatangizaga ku mugaragaro icyumweru cy’ubutabera, igikorwa cyitabiriwe n’abakora mu by’amategeko banyuranye baba abo mu nzego za Leta n’abo mu miryango itari iya Leta, kikaba cyarabanjirijwe n’imurikabikorwa by’ubutabera no gutabara abari mu bibazo.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

NDP Karubanda yituye Perezida igabira Butare Catholique

Nyuma y’imyaka icyenda ishuri Notre Dame de la Providence ryo ku Karubanda rigabiwe inka na Perezida w’u Rwanda, kuri uyu wa 18 Werurwe ryamwituye na ryo rigabira ishuri Butare Catholique na ryo ryo mu Karere ka Huye. Umuyobozi w’iri shuri Butare Cathilique yavuze ko yishimiye kuba bagabiwe, kandi ko na bo baitura ikindi kigo cy’amashuri. Umva inkuru irambuye hano:

todayMarch 19, 2019 24

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%