Inkuru Nyamukuru

Inteko Inshinga Amategeko: PAC yabajije MINECOFIN mu ruhame

todayMarch 20, 2019 26

Background
share close

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe w’abadepite, kuri uyu wa gatatu yakiriye itsinda ryaturutse muri ministeri y’imari n’igenamigambi (MINECOFIN) kugira ngo basuzume ibikubiye muri raporo y’imikoreshereze y’imari mu bigo bya Leta.
Iryo tsinda ryari riyobowe na Ministre Uzziel Ndagijimana, ryahuye n’ibibazo bitoroshye, cyane cyane ku birebana n’imikorere y’ikigo gishinzwe uburezi REB, cyangwa ibigo by’amashuri aho usanga abayobozi b’ibigo birundaho imirimo.

Umva Inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Karongi: Bitarenze Gicurasi abaturage baraba bafite ubwiherero bwujuje ibisabwa

Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi buratangaza ko bitarenze ukwezi kwa Gicurasi muri uyu mwaka, abaturage bose b’akarere bazaba bafite ubwiherero bwujuje ibisabwa. Ni muri gahunda yo gushishikariza abaturage kugira isuku mu ngo, ku mubiri no ku myambaro, kugira ngo birinde indwara ziterwa n’umwanda. Mu karere ka Karongi, hari abaturage bavuga ko kutagira ubwiherero bwujuje ibisabwa, babiterwa n’ubushobozi buke, ariko hari n’abatabugira kubera imyumvire. Umva inkuru irambuye hano:

todayMarch 20, 2019 19

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%