Inkuru Nyamukuru

Kutita ku isuku y’amenyo bishobora guteza umuntu uburwayi bw’umutima

todayMarch 20, 2019 34

Background
share close

Abahanga mu buvuzi bw’amenyo n’izindi ndwara zo mu kanwa bemeza ko kutita ku isuku y’amenyo bishobora guteza umuntu uburwayi bw’umutima n’izindi ndwara zitandukanye.
Babitangaje kuri uyu wa 20 Werurwe 2019, ubwo bari mu gikorwa cyo gusuzuma abana ngo barebe ubuzima bw’amenyo yabo n’isuku yo mu kanwa muri rusange uko buhagaze, mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya indwara zo mu kanwa.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Inteko Inshinga Amategeko: PAC yabajije MINECOFIN mu ruhame

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe w’abadepite, kuri uyu wa gatatu yakiriye itsinda ryaturutse muri ministeri y’imari n’igenamigambi (MINECOFIN) kugira ngo basuzume ibikubiye muri raporo y’imikoreshereze y’imari mu bigo bya Leta. Iryo tsinda ryari riyobowe na Ministre Uzziel Ndagijimana, ryahuye n’ibibazo bitoroshye, cyane cyane ku birebana n’imikorere y’ikigo gishinzwe uburezi REB, cyangwa ibigo by’amashuri aho usanga abayobozi b’ibigo birundaho imirimo. Umva Inkuru […]

todayMarch 20, 2019 26

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%