Inteko Inshinga Amategeko: PAC yabajije MINECOFIN mu ruhame
Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe w’abadepite, kuri uyu wa gatatu yakiriye itsinda ryaturutse muri ministeri y’imari n’igenamigambi (MINECOFIN) kugira ngo basuzume ibikubiye muri raporo y’imikoreshereze y’imari mu bigo bya Leta. Iryo tsinda ryari riyobowe na Ministre Uzziel Ndagijimana, ryahuye n’ibibazo bitoroshye, cyane cyane ku birebana n’imikorere y’ikigo gishinzwe uburezi REB, cyangwa ibigo by’amashuri aho usanga abayobozi b’ibigo birundaho imirimo. Umva Inkuru […]
Post comments (0)