Uganda: Abahoze mu gisirikare batumijweho kujya gutanga ubufasha muri Somalia
Igisirikare cya Uganda cyatumijeho abahoze ari abasirikare bagera ku bihumbi bitatu bafite imyaka iri munsi ya 55, kujya gutanga ubufasha muri Somalia. Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brigadier General Felix Kulayigye, yavuze ko batumijweho kugira bongere bahabwe imyitozo ya gisirikare mbere yo koherezwa muri Somalia. Kulayigye yavuze ko muri Somalia hari ikibazo cy'ubuke bw'abasirikare mu guhangana no kurwanya ibikorwa by'iterabwoba. Ibikorwa byo gusuzuma uko ubuzima bwabo buhagaze bizamara iminsi ine mbere […]

Post comments (0)