Inkuru Nyamukuru

Sudani: Hagiye gushyirwaho Leta ya Gisivile

todayMarch 26, 2023

Background
share close

Perezida wa Sudani Jenerali Abdel Fattah al-Burhan kuri iki cyumweru yatangaje ko igisirikare cy’igihugu cye kigiye kuyoborwa na leta nshya ya gisivili.

Mu ijambo rye ribanziriza ivugururwa ry’inzego za gisirikare n’izumutekano i Khartoum mu murwa mukuru, Jenerali Abdel Fattah al-Burhan yavuze ko igihugu cye kizubaka igisirikare kitazivanga muri politike kandi cyizewe n’abaturage ba Sudani kuba kizatanga umusanzu wo kubaka igihugu kigendera kuri demokarasi.

Hashize umwaka igisirikare gihiritse ubutegetsi muri iki gihugu. Ubu cyemeranyije n’inzego za gisivili n’abandi banyapolitike gushyiraho leta nshya y’inzibacyuho n’itegeko nshinga rishya rizatangazwa mu kwezi gutaha.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%