Amerika yemereye akarere ka Sahel inkunga yo kurwanya iterabwoba
Visi Perezida wa Amerika, Kamala Harris, mu ruzinduko arimo muri Ghana, yemereye iki gihugu n’ibindi byo mu karere ka Sahel, inkunga ya Amerika ingana na miliyoni zirenga 100 z’amadolari. Mu rugendo rw'iminsi itatu arimo kugirira muri icyo gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika, yashimangiye avuga ko inyungu za Amerika mu bihugu bya Afurika zirenze guhangana n’u Bushinwa. Harris yavuze ko iyo nkunga y'amafaranga angana na miliyoni 139 z’amadolari, ahanini azafasha […]
Post comments (0)