Minisitiri Dr Sabin yavuze ko hari serivisi z’inyunganirangingo zitangirwa kuri mutuel
Minisitiri w'ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yabigarutseho ubwo yari imbere ya Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu ya Sena yahuye na Minisitiri w'ubuzima baganira ku bibazo byagaragaye mu gikorwa imazemo iminsi cyo kumenya ibikorwa mu guteza imbere ubuvuzi bw’abafite ubumuga n’ingamba zihari zo kubishakira umuti. Minisitiri Nsanzimana Sabin yavuze ko imibare y’ibarura rusange ry’umwaka ushize yagaragaje ko abafite ubumuga bari hejuru y’imyaka 5 ari 391,775 bangana na 3% y’abaturage bose, ubumuga […]
Post comments (0)