Inzu za Leta zirenga 1000 zikomeje kwangirika kubera kudakoreshwa
Iyo urebye hirya no hino mu gihugu, ubona amazu ya leta adakorerwamo ndetse amwe muri yo asa n’ayabaye amatongo. Mu bugenzuzi bwakozwe n’inzego za Leta zitandukanye zirimo Urwego rw’umuvunyi n’ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire (RHA), byagaragaye ko Leta ifite amazu yose hamwe 49,937 ariko muri yo, agera ku 1040 akaba adakoreshwa. Inzu yahoze ari iy’imyidagaduro (Theatre de verdure) muri Kaminuza y’u Rwanda Ni ubugenzuzi bwakozwe mu mpera za 2022 […]


Post comments (0)