Inkuru Nyamukuru

AEGIS Trust yahaye REB ibitabo ibihumbi 40

todayJune 12, 2019 30

Background
share close

Umuryango Aegis Trust wahaye Ikigo cy’igihugu cyita ku burezi (REB), inkunga y’ibitabo ibihumbi 40, bigenewe abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye, bizabafasha kwigisha abanyeshuri kumenya agaciro k’amahoro kugira ngo nabo bamenye kuyatanga no kuyabumbatira.
Muri icyo gikorwa, umuyobozi wa Aegis Trust Freddy Mutanguha, yavuze ko iyo abarezi bahawe ubumenyi mu kubumbatira amahoro na bo bakabugeza ku bana bigisha, bituma habaho amahoro arambye mu gihugu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Urugamba rwo kurwanya ruswa rugomba guhera mu nzego zo hejuru – Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame aravuga ko urugamba rwo kurwanya ruswa rufite inkingi enye, ari zo Umuco, Ubudakemwa, Kuzuza inshingano ndetse no gutanga umusaruro. Ibi yabivugiye I Abuja muri Nigeria ahari kubera inama ku kurwanya ruswa, yatangijwe kuri uyu wa kabiri. Mu ijambo rye, Perezida Kagame yasangije abitabiriye inama urugendo u Rwanda rwanyuzemo kugira ngo rubashe kugabanya ruswa mu buryo bugaragarira buri wese. Komeza wumve inkuru irambuye hano:

todayJune 11, 2019 20

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%