Inkuru Nyamukuru

Rutsiro: Hari abicirwa muri Congo bagiye kwiba imitego yo mu burobyi

todayJune 12, 2019 26

Background
share close

Ubuyobozi bw’umurenge wa Kivumu mu karere ka Rutsiro bwihanangirije abaturage bajya kwiba imitego yo kuroba muri Congo, kuko hari abafatirwayo bakicwa.
Ubuyobozi buremeza ko mu myaka ibiri gusa, abantu umunani bo mu murenge wa Kivumu biciwe muri Congo bafatiwe mu bujura bw’imitego ikoreshwa mu burobyi.

Umva inkuru hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

AEGIS Trust yahaye REB ibitabo ibihumbi 40

Umuryango Aegis Trust wahaye Ikigo cy’igihugu cyita ku burezi (REB), inkunga y’ibitabo ibihumbi 40, bigenewe abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye, bizabafasha kwigisha abanyeshuri kumenya agaciro k’amahoro kugira ngo nabo bamenye kuyatanga no kuyabumbatira. Muri icyo gikorwa, umuyobozi wa Aegis Trust Freddy Mutanguha, yavuze ko iyo abarezi bahawe ubumenyi mu kubumbatira amahoro na bo bakabugeza ku bana bigisha, bituma habaho amahoro arambye mu gihugu. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 12, 2019 30

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%