Ikigo Nyafurika cy’Imiti kizatangira gukorera mu Rwanda mu mpera za 2024
Inama ya cyenda y’abagenzuzi mu by’imiti bo ku mugabane wa Afurika yateraniye i Kigali mu Rwanda, yigiye hamwe uburyo ibihugu byose by’uyu mugabane byakwemeza ishyirwaho ry’ikigo Nyafurika cy’Imiti, ibyafasha uyu mugabane kwikorera imiti n’inkingo bitarenze mu 2024. Bahamya ko iki kigo kizagirira akamaro kanini Afurika Ni inama y’iminsi ibiri yateranye ku matariki ya 23 na 24 Kanama 2023, yahurije hamwe abahagarariye ibigo 55 bikora ubugenzuzi bw’imiti mu bihugu bya Afurika, […]
Post comments (0)