Dr Kanimba Vincent wari umaze imyaka itatu arembye yarakize
Dr Kanimba Vincent, ni umuganga w’indwara z’abagore (Gynecologist), wamenyekanye cyane mu Rwanda mu mavuriro atandukanye, aho yabyaje umubare munini cyane w’ababyeyi. Yakoreye mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUK, muri SOS n’ahandi, kandi aho yakoze hose bivugwa ko yari umuganga w’umuhanga wakoraga umurimo we neza. Dr Kanimba Vincent yishimira ko ubu yakize (Ifoto: Isimbi TV) Muri Mata 2023, nibwo amakuru y’uburwayi bwe yamenyekanye cyane, aratabarizwa […]
Post comments (0)