Ku wa Kane tariki ya 22 Ugushyingo, Polisi y’u Rwanda yafatiye mu Karere ka Gasabo, umugabo w’imyaka 47 y’amavuko, wafatanywe amafaranga y’u Rwanda y’amiganano ibihumbi 100 yageragezaga kugenda akwirakwiza mu baturage.
Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Sylvestre Twajamahoro, yavuze ko yafatiwe mu mudugudu wa Runyonza, akagari ka Kibenga mu murenge wa Ndera, aho yari amaze gutanga amwe muri yo bagasanga ari amiganano.
Yagize ati: “Uyu mugabo yagiye mu isanteri ya Kibenga yegera umukozi ukora akazi ko kubitsa, kubikura no koherereza amafaranga hifashishijwe telefone, amusaba kohereza umuntu amafaranga ibihumbi bitandatu.”
Umwe mu batangabuhamya bumviswe mu rubanza ruregwamo Dr Munyemana Sosthène ruri kubera i Paris mu Bufaransa, yagaragaje uruhare rw’uyu mugabo wari uzwi nk’umubazi wa Tumba. Dr Munyemana Sosthène Uyu mutangabuhamya w’imyaka 56 utuye mu Karere ka Huye, avuga ko mu 1994 yari atuye i Tumba ahamaze imyaka 5, afite abana 2. Avuga ko tariki 17 Mata 1994, Abahutu n’Abatutsi ba Tumba babonye umusozi wa Mubumbano hakurya yabo uri gushya bihutira […]
Post comments (0)