Urubyiruko rwasabwe gusigasira ibyageweho ndetse no gukora cyane rukiteza imbere.
Ibi yabigarutseho mu gikorwa cyabereye kuri Stade ya IPRC Kigali, Tariki 5 Mutarama 2024, ubwo hatangizwaga Isangano ry’Urubyiruko, igikorwa cyitabiriwe n’abasaga 2000, baturutse mu turere tw’Umujyi wa Kigali, baganirizwa ku bikorwa by’Ubutwari ndetse basabwa kuba umusingi w’iterambere ry’Igihugu ndetse no gukomeza no gusigasira ibyagezweho.
Minisitiri Utumatwishima yagize ati “Twige amateka y’Igihugu cyacu, dusabane kandi dufate ingamba zo kwiteza imbere”.
Yashimiye urubyiruko rwitabira ibikorwa bya Leta, no kuba bashishikajwe no guhanga ibishya, ndetse yijeje urubyiruko gahunda zigamije guteza imbere ubuhanzi, ziziyongera ku zisanzwe zihari.
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku biribwa Porogaramu PAM, ryatangaje ko mu mezi atatu ari imbere iteganya gutanga imfashanyo y’ibiribwa ku bantu miliyoni 2,7 bibasiwe n'inzara muri Zimbabwe. Ibi byatangajwe na Christine Mendes uhagarariye PAM by’agateganyo muri iki gihe. Ibi ni nyuma y’amapfa yatejwe na serwakira yo mu nyanja. Iki gihugu cyo mu majyepfo y’Afurika gifite ibibazo byo kwihaza mu biribwa kuva mu 2000, ubwo Robert Mugabe wari Perezida yafataga ibikingi […]
Post comments (0)