Nyamasheke: Urukuta rw’inzu rugwiriye abantu umwe ahasiga ubuzima
Mu Kagari ka Kanazi mu Murenge wa Ruharambuga mu Karere ka Nyamasheke ahitwa kuri Shangazi, ahari kubakwa Sitasiyo ya lisansi, kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Mutarama 2024 urukuta rw’inzu yubakwaga yagwiriye abantu bane, umwe arapfa abandi batatu barakomereka. Amakuru yatangajwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke, Mupenzi Narcisse, yemeza ko iyi mpanuka yabayeho, aho urukuta rwagwiriye abantu bane umwe ahita apfa, abandi batatu bahita bajyanwa kwitabwaho ku bitaro bya Bushenge. Meya […]




Post comments (0)