Umujyi wa Kigali wasobanuye impamvu wakuyeho inyubako z’uwaguze na Bamporiki
Umujyi wa Kigali watangaje ko wafashe icyemezo cyo gusenya inzu zubatswe mu buryo bunyuranyije n’amategeko z’uwitwa Ndayishimiye Fabien akazubaka iruhande rwa Hoteli yaguze na Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco (ubu yahindutse Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi). Ni nyuma y’aho ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho yo gusenya zimwe mu nyubako z’inzu zubatswe iruhande rwa Hoteli Nyungwe iherereye mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kanombe mu […]
Post comments (0)