Inkuru Nyamukuru

Amerika yasabye Abaturage bayo kuva muri Haiti vuba na bwangu

todayMarch 4, 2024

Background
share close

Leta zunze ubumwe z’Amerika yabwiye abaturage bayo kuva muri Haiti, vuba na bwangu bishoboka, nyuma y’urugomo rwabaye mu mpera z’icyumweru.

Amerika yahamagariye abo baturage bayo kuva muri Haiti, nyuma y’uko urugomo rwo mu mpera z’icyumweru rufashe intera. Urwo rugomo rwatumye abantu barenga 15.000 bata ingo zabo ndetse abagabo bafite intwaro babashije gukura abagororwa ibihumbi n’ibihumbi, muri gereza iruta izindi mu bunini muri Haiti.

Leta zunze ubumwe z’Amerika, irimo abanya-Haiti barenga miliyoni, yavuze ko ambasade yayo ishobora gutanga zimwe muri za serivisi bakenye kuri uyu wa mbere, mu gihe Canada nayo yavuze ko ishobora kuba ifunze amabasade yayo.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abasesenguzi basanga inzego z’umutekano z’u Rwanda zikwiye kwagura ibikorwa mu Ntara ya Cabo Delgado

Nyuma y’ibibazo by’umutekano muke biterwa n’ibyihebe bikomeje kwibasira amajyepfo y’Intara ya Cabo Delgado muri Mozambique, ababirebera hafi baravuga ko Ingabo za Mozambique n’iza SADC zidafite ubushobozi bwo guhangana nabyo bagasaba ko iz’u Rwanda RDF, zakoherezwa gutangayo umusada. Ingabo z’u Rwanda zirasabwa gutanga ubufasha ku Ngabo za SADC Ibi biravugwa mugihe amakuru ava muri Mozambique avuga ko ibitero by’ibyihebe byibasira abaturage ndetse n’inzego z’umutekano mu duce tubarizwamo ingabo z’umuryango w’ubukungu w’Afurika […]

todayMarch 4, 2024

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%