Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yasabye abaturiye Pariki y’Ibirunga kurushaho kuyifata neza

todaySeptember 7, 2019 42

Background
share close

Perezida Paul Kagame yabwiye abaturiye Pariki y’igihugu y’ibirunga ko gufata neza iyo Pariki n’ibikorwa by’ubukerarugendo biyishamikiyeho, igihugu kibyungukiramo kandi nabo izo nyungu zikabageraho by’umwihariko.

Umukuru w’igihugu yabivuze kuwa gatanu, mu birori byo kwita izina abana b’ingani ku nshuro ya 15.

Ni ibirori byitabiriwe n’abantu b’ibyamamare baturutse hirya no hino ku isi, barimo n’umuhanzi Meddy wahaye ingagi izina ry’imwe mu ndirimbo ze.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%