Inkuru Nyamukuru

Gukora imibonano mpuzabitsina ukiri muto byangiza ubwonko

todayOctober 8, 2019 33

Background
share close

Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu bijyanye n’imitekerereze ya muntu bugaragaza ko abakora imibonano mpuzabitsina bakiri bato bibangiriza ubwonko.

Ni mu gihe raporo ya 2018 y’ishami ry’umuryango wabibumbye ryita ku buzima OMS, ivuga ko hirya no hino ku isi, hari abana bafite guhera ku myaka 14 kuzamura usanga baratangiye gukora imibonano mpuzabitsina.

Mu Rwanda imibare y’abana bakora imibonano mpuzabitsina bakiri bato ikomeje kuzamuka aho kugeza ubu ministeri y’ubuzima ivuga ko abana bagera ku bihumbi 19 bamaze guterwa inda zitateguwe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyamagabe: Abasheshe akanguhe bitwaye neza bahembwe

Umunsi mpuzamahanga w’abasheshe akanguhe mu Karere ka Nyamagabe, wijihirijwe mu Murenge wa Tare maze abasheshe akanguhe b’intangarugero baho babiherwa imifariso. Ubuyobozi bw’Umurenge wa Tare n’ubw’Akarere ka Nyamagabe buvuga ko ibi bihembo ari ibyo gushishikariza n’abandi baturage kuba intangarugero. Muri uyu munsi mukuru w’abasheshe akanguhe wijihijwe tariki 6 Ukwakira 2019, hahembwe abakecuru bane n’umusaza kubera kuba intangarugero mu isuku, kwitabira gahunda za Leta, guharanira ubumwe n’ubwiyunge, gukemura amakimbirane no gukunda umurimo. […]

todayOctober 7, 2019 60

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%