Gukora imibonano mpuzabitsina ukiri muto byangiza ubwonko
Ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere mu bijyanye n’imitekerereze ya muntu bugaragaza ko abakora imibonano mpuzabitsina bakiri bato bibangiriza ubwonko. Ni mu gihe raporo ya 2018 y’ishami ry’umuryango wabibumbye ryita ku buzima OMS, ivuga ko hirya no hino ku isi, hari abana bafite guhera ku myaka 14 kuzamura usanga baratangiye gukora imibonano mpuzabitsina. Mu Rwanda imibare y’abana bakora imibonano mpuzabitsina bakiri bato ikomeje kuzamuka aho kugeza ubu ministeri y’ubuzima ivuga ko abana bagera […]
Post comments (0)