Inkuru Nyamukuru

“Abatuye Karama bari muri paradizo batabizi”, Mayor Nzaramba

todayOctober 24, 2019 22

Background
share close

Umuyobozi w’akarere ka Nyarugenge, Kayisime Nzaramba aravuga ko abatujwe mu midugudu y’icyitegererezo bakomeje gusaba amafunguro, ngo bari bakwiye kwihangana bagategereza imibereho myiza bazagira mu gihe gito kiri imbere.

Mugenzi wacu Simon Kamuzinzi yagereranyije imibereho mu mudugudu w’icyitegererezo w’i Karama watashywe na Perezida Kagame mu mezi atatu ashize, hamwe n’utundi duce twatuwemo kera babanje kuhinubira ariko kuri ubu hakaba hamaze kuryohera abahatuye.

Umva inkuru irambuye

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

MINALOC yamaganye ihamagazwa ritemewe ry’umuturage w’Akarere ka Ruhango

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu Minaloc yamaganye ihamagazwa ritemewe ry’umuturage w’Akarere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo wasabwe kwitaba yitwaje ibya ngombwa bitandatu. Bikozwe nyuma y’uko kuri uyu wa gatatu tariki ya 23 Ukwakira 2019, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyamagana mu Murenge wa Ruhango yoherereje Umuturage witwa Ndayambaje Shinani ibaruwa imuhamagaza kwitaba ku biro by’Akagari yitwaje ibya ngombwa bitandatu birimo Ikarita y’ubwisungane mu kwivuza, Icyemezo cy’irondo, Icyemezo cy’Ubwiherero bwuzuye, Icyemezo cy’Uko afite akarima […]

todayOctober 23, 2019 36

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%