Inkuru Nyamukuru

Bimwe mu bihugu by’i Burayi byemeye kwakira impunzi zagiriye ibibazo muri Libya

todayOctober 29, 2019 44

Background
share close

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi HCR riravuga ko hari ibihugu by’i Burayi byemeye kwakira bamwe mu mpunzi z’abanyafrica zimaze igihe zigerageza kujya i Burayi.

Ibi bivuzwe mu gihe zimwe muri izo mpunzi zakiriwe mu Rwanda zivuye muri Libia zikomeje kugaragaza ko zishimiye uko zibayeho mu Rwanda, ariko zikagaragaza ko icyifuzo cya zo cya nyuma ari ukujya i Burayi.

Mu gihe bitaragerwaho ariko, bimwe mu bihugu bya Africa bigiye kugera ikirenge mu cy’u Rwanda byakira zimwe mu mpunzi ziri muri Libia, nyuma y’uko ababihagarariye mu muryango wa Africa yunze ubumwe basuye inkambi yakiriye ibyiciro bibiri by’impunzi zimaze kwakirwa mu Rwanda, bakavuga ko bikwiye gutanga isomo no ku bindi bihugu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

NURC n’Umurenge wa Remera bitabaje impuzamadini mu kuvura urwango n’amacakubiri

Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge(NURC) iravuga ko gukiza urwango n’amacakubiri biri mu mitima y’Abanyarwanda ari umurimo w’amadini n’amatorero kurusha uwa Leta. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’iyi Komisiyo, Fidele Ndayisaba yabimenyesheje impuzamadini n’amatorero mu murenge wa Remera w’akarere ka Gasabo, ko n’ubwo hashize imyaka 25 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, imitima y’Abanyarwanda ngo igifite ibikomere by’urwango n’amacakubiri. Umva inkuru irambuye hano:

todayOctober 29, 2019 49

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%