NURC n’Umurenge wa Remera bitabaje impuzamadini mu kuvura urwango n’amacakubiri
Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge(NURC) iravuga ko gukiza urwango n’amacakubiri biri mu mitima y’Abanyarwanda ari umurimo w’amadini n’amatorero kurusha uwa Leta. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’iyi Komisiyo, Fidele Ndayisaba yabimenyesheje impuzamadini n’amatorero mu murenge wa Remera w’akarere ka Gasabo, ko n’ubwo hashize imyaka 25 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, imitima y’Abanyarwanda ngo igifite ibikomere by’urwango n’amacakubiri. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)