Inkuru Nyamukuru

WASAC igiye kuzajya itanga amazi ikoresheje ikoranabuhanga

todayOctober 31, 2019 34

Background
share close

Ikigo gishinzwe gukwirakwiza amazi (WASAC) gitangaza ko cyatangiye gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga ku basaba amazi bwa mbere, bakuzuza ibisabwa bitabaye ngombwa ko bajya ku biro by’icyo kigo nk’uko byari bisanzwe.

Abayobozi b’icyo kigo babitangaje ku wa gatatu, ubwo bagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru, bagamije kugaragariza Abanyarwanda imishinga itandukanye icyo kigo kirimo gukora n’iteganywa, mu rwego rwo kugeza amazi meza ku baturage bose.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abohereza n’abifuza kohereza ibicuruzwa hanze bagiye koroherezwa

Abacuruzi n’abifuza kohereza ibicuruzwa byabo byakorewe mu Rwanda kandi byujuje ubuziranenge bashyiriweho ikigega gishinzwe kubafasha kugera ku ntego zabo. Ibi ni ibyatangajwe kuri uyu wa gatatu taliki 30 Ukwakira 2019, ubwo banki y’u Rwanda itsura amajyambere (BRD) yatangizaga ku mugaragaro ubukangurambaga bugamije gushishikariza abanyarwanda iby’ikigega (EGF) cyashyizwemo miliyari 12 z’amadolari y’amerika yo gufasha abifuza gutwara hanze ibikorerwa mu Rwanda. Ayo mafaranga akaba anyuzwa mu mabanki arimo banki ya Kigali, banki […]

todayOctober 31, 2019 41

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%