Inkuru Nyamukuru

Musanze: Abayobozi bahigiye kuba imiryango itekanye

todayNovember 2, 2019 29

Background
share close

Mu kurwanya amakimbirane yugarije imiryango mu karere ka Musanze, Abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge 15 igize ako karere barahiriye imbere ya Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof Shyaka Anastase n’abayobozi bose b’intara ko bagiye gufasha abaturage kubaka imiryango itekanye.

Mu muhango wo gutangiza ukwezi kw’imiyoborere tariki 29 Ukwakira Minisitiri Shyaka yashyizeho igihembo cya Miliyoni z’amafaranga y’u Rwanda ku murenge uzahiga indi mu kubaka imiryango itekanye.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

EFOTEC Kanombe: Barinubira amafaranga bacibwa yo gufata “Diplome”

Abanyeshuri barangije mu ishuri ryisumbuye rya EFOTEC Kanombe kuva muri 2014, ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bw'ikigo ku mafaranga bacibwa ndetse n’ubukererwe bugaragara mu guhabwa diplome zabo. Hari abemeza bimwe ngo iyo umunyeshuri amaze umwaka atarajya kureba diplome ye kandi yarasohotse acibwa amafaranga 5.000frw y’ubukererwe, umaze ibiri agacibwa 10.000frw bityo bityo, kandi nyamara ngo batarigeze babimenyeshwa mbere y'igihe. Umva inkuru irambuye hano:

todayNovember 1, 2019 306 1

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%