Huye: Kubaka amagorofa mu cyarabu noneho biri hafi
Nyuma y’imyaka itatu amaduka amwe n’amwe y’ahitwa mu Cyarabu mu mujyi wa Huye asenywe kugira asimbuzwe amagorofa, ibiganiro hagati y’ubuyobozi n’abikorera kugira ngo umushinga utangire bigeze ahashimishije . Ubuyobozi bw’akarere ka Huye buremeza ko ibitabo by’abashaka isoko ryo kuyubaka byamaze gutangwa na barwiyemezamirimo, igisigaye kikaba ari ukureba abatsindiye isoko no gusuzuma amasezerano. Ku rundi ruhande ariko, mu Cyarabu hari hamaze imyaka ibarirwa mu 10 hafunzwe kugira ngo ba nyiraho bubake […]
Post comments (0)