Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame arifuza kuzasimburwa n’umugore

todayDecember 19, 2019 44

Background
share close

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abagore kongera umuvuduko w’ubwiyongere mu myanya ifata ibyemezo kugira ngo bazavemo umusimbura ku mwanya w’Ubuyobozi bw’Igihugu.
umukuru bw’igihugu Yabitangarije mu Nama y’Umushykirano ya 17 iteraniriye i Kigali kuva kuri uyu wa kane tariki 19-20 Ukuboza 2019.
Perezida Kagame yavuze ko yifuza ko rimwe umwanya ariho wazatwarwa n’umugore.

Umukuru w’Igihugu avuga ko kuba u Rwanda ruza mu bihugu 10 bya mbere ku isi byubahiriza ihame ry’uburinganire bidahagije, akaba asaba ko mu myaka itaha rwazaza mu myanya itanu ya mbere ku isi.

Kuri ubu Inteko ishinga amategeko ifite abagore 61.25%, Guverinoma ikagira 50% by’abagore na 50% by’abagabo.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Huye: Hatangijwe ikigo gihuza abashaka akazi n’abagatanga

Ku bufatanye n'urwego rushinzwe iterambere (RDB), Akarere ka Huye katangije ku mugaragaro ikigo gifasha abashaka n'abatanga akazi. Iki kigo cyashyizwe mu nzu yagenewe gufasha abahinzi (Huye Farmers) iri hafi ya Gare ya Huye, kizajya gifasha abakoresha bashaka gutanga akazi kubona abakozi bifuzwa, ariko n'abagashaka bafashwe kumenya aho bagashakira. François Ngoboka ushinzwe ibikorwa biteza imbere umurimo muri RDB, avuga ko uretse kwifashishwa n’abashaka akazi cyangwa abashaka abakozi, iki kigo kizafasha n'abifuza […]

todayDecember 18, 2019 47

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%