Perezida Kagame asanga 2020 izaba nziza kurusha 2019
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko n’ubwo atari umuhanuzi, iyo arebye akagereranya uko imyaka ishira indi igataha, u Rwanda rukomeza kugenda rugera ku byiza. Ni mu ijambo rigufi, President Kagame yavuze asoza Inama ya 17 y’Igihugu y’Umushyikirano wa 2019. Umukuru w’igihugu yashimiye abantu bose bitabiriye inama y’umushyikirano, abasaba gutahana umukoro wo kuzirikana ko hari byinshi Abanyarwanda babatezeho. Umva Perezida Kagame hano:
Post comments (0)